Posts

Showing posts from 2011

RIHANA

Image
WELCOME TO THIS BLOG BROUGHT TO YOU!ENJOY! Nyuma yuko uru rubuga rugenda rukugezaho amakuru atandukanye yaba aya za macth,abakinnyi bahenze,ibihangange byabayeho by'abirabura kuri ino si,ama couple yabiciye bigacika hono ku isi, ibirori by'i bwami muri England reka noneho nkubwire kuri uyu mukobawa. Rihana nyuma yuko agiye agaragara mu bitaramo bitandukanye kandi bikomeye, akanasora n'indirimbo nyinshi zigakundwa ubu yaje n'indirimbo y'amashushoye nsha kandi ikunzwe. Uyu mukobwa akunze guhirwa n'indirimbo zose asoye kuko zigahita zikundwa. Ngaho ihere amaso iyi ikurikira

IHERE AMASO IBI BIRORI!

Image
WELCOME TO THIS BLOG BROUGHT TO YOU!ENJOY! By MUHAWEWNIMANA Fulgence Vérité Akenshi usanga mu bihugu bitandukanye abantu bakunze gutakaza akayabo ka frws,pounds,dollars ku bijyanye n'ubukwe.Gusa urebye akayabo katikiriye muri iki kirori wavuga uti uwagaha ibihugu biri munzira y'amajyabere byakira ndetse n'abaturage babyo bakava mu bukene.Gusa ibyo bigomba kubaho ku isi ya Nyagasni. Ariko kandi isi n'ibiyirimo ni iby'uwiteka bivuze ngo n'abantu yaremye ni abayo. Aha hari mubukwe bw'umwami w'ubwongereza muri 1986 ushobora nawe kwihere amaso ibyo birori
Image
WELCOME TO THIS BLOG BROUGHT TO YOU!ENJOY! BY MUHAWENIMANA Fulgence Hari benshi bibaza impamvu u Rwanda rwatsinzwe rukaviramo mu majonjora mu gikombe cy'isi under 17 i Mexico.Nubwo hari abavuga batyo bafite ukuri ariko kandi kurundi ruhande ntakuri bafite.Gusa twibaze ese u Rwanda mu byukuri rwakinnye nabi? Iki ni ikibazo umuntu wese yakibaza ariko  kandi akaba yanakisubiza mugihe yaba yararebye umukino u Rwanda rwakinnye na Urguay.Iyo urebye usanga ikipe y'U Rwanda yarakinnye neza uko ishoboye gusa igahura ni kibazo cyo kutagira abataka bari kurwego mpuzamahanga. Ngaho ungera cyase urebe niba utararebye uko byagenze

IHERE AMASO IBI BIRORI!

Image
WELCOME TO THIS BLOG BROUGHT TO YOU!ENJOY! Akenshi usanga mu bihugu bitandukanye abantu bakunze gutakaza akayabo ka frws,pounds,dollars ku bijyanye n'ubukwe.Gusa urebye akayabo katikiriye muri iki kirori wavuga uti uwagaha ibihugu biri munzira y'amajyabere byakira ndetse n'abaturage babyo bakava mu bukene.Gusa ibyo bigomba kubaho ku isi ya Nyagasni. Ariko kandi isi n'ibiyirimo ni iby'uwiteka bivuze ngo n'abantu yaremye ni abayo. Aha hari mubukwe bw'umwuzukuru w'umwami w'ubwongereza muri 2011 ushobora nawe kwihere amaso ibyo birori.

Ni nde mukinnyi wa foot ukize kurusha abandi?

WELCOME TO THIS BLOG BROUGHT TO YOU!ENJOY! Fulgence Muhawwenimana Benshi bajya bibaza ngo ese ni nde mukinyi wa foot ball ukize kurusha abandi kuri iyi si ya Rurema usanga akenshi abakinnyi bivugwa ko ari abakinnyi bakomeye haba mu gutsinda ibitego aribo banafite akayabo ka mapound.Hano hari abakinnyi 10 bambere bafite akayabo ka ma pound kurusha abandi ku isi.Ibihugu nka Argentine,ubwongereza,Brazil ni byo biza ku myanya ya mbere mu kugira ababikomokamo bakize. 1. Lionel Messi  (Argentina, Barcelona) – £ 29.7m / € 33m / $ 44.5m 2. David Beckham  (England, LA Galaxy and AC Milan) – £ 27.3m / € 30.4m / $ 41m 3. Cristiano Ronaldo  (Portugal, Real Madrid) – £ 27m / € 30m / $ 40.5m 4. Kaka  (Brazil, Real Madrid) – £ 16.9m / € 18.8m / $ 25.3m 5. Thierry Henry  (France, Barcelona) – £ 16.2m / € 18m / $ 24.3m 6. Ronaldinho  (Brazil, AC Milan) – £ 15.5m / € 17.2m / $ 23.2m 7. Carlos Tevez  (Argentina, Manchester City) – £ 13.8m / € 15.4m / $ 20.8m 8. Zlatan Ibrahimovic  (Sweden

NUR IS ABOUT TO SOLVE THE HOSTELS SHORTAGE

Image
WELCOME TO THIS BLOG BROUGHT TO YOU!ENJOY! BY FULGENCE MUHAWENIMANA The National University of Rwanda is now trying to solve the problem of the Students living far from the Campus. The NUR is known as having various faculties and this pushes  it to receive every year a large number of students who finish their secondary studies to continue their university studies in this institution. Now, NUR is building new hostels which will host a large number of students. Some of the Students living far from the campus say that they will benefit more from those new hostels being built, once they are finished. ˝I live at Tumba where I use about three kilometers. So, once I get a room in the campus, it will be a good moment to use the time I use to reach my home concentrating on my studies˝, SIBOMANA Pie, a third Year student in Modern languages. The existing hostels in the campus are not able to receive all students. According to some of them, the fact that they live outside the campus seem

The NUR community is multifunctional.

Image
WELCOME TO THIS BLOG BROUGHT TO YOU!ENJOY! Many people may be thinking that the main task of university students is to study band get their bachelors degree. This is not true and it has to be undersood in a broader sense at all. When the nur sudents move around the surbubs of huye district helping people, it is beyond their courses. Sometimes the nur community especially the students organise the actions of helping the people who actualy unable to build houses and help them get homes where to live.This is one of the main motor of NUR as it says,excellent in education and service to the people. This is an example of second year students in EJC when they were helping a genocide widow get a home.And this is a documentary done to show various activities in which the nur students participate. For more info. click on this link to watch the video :

NUR IS ABOUT TO SOLVE THE HOSTELS SHORTAGE

WELCOME TO THIS BLOG BROUGHT TO YOU!ENJOY The National University of Rwanda is now trying to solve the problem of the Students living far from the Campus. The NUR is known as having various faculties and this pushes  it to receive every year a large number of students who finish their secondary studies to continue their university studies in this institution. Now, NUR is building new hostels which will host a large number of students. Some of the Students living far from the campus say that they will benefit more from those new hostels being built, once they are finished. ˝I live at Tumba where I use about three kilometers. So, once I get a room in the campus, it will be a good moment to use the time I use to reach my home concentrating on my studies˝, SIBOMANA Pie, a third Year student in Modern languages. The existing hostels in the campus are not able to receive all students. According to some of them, the fact that they live outside the campus seems to be a barrier to their stud

NUR IS ABOUT TO SOLVE THE HOSTELS SHORTAGE

WELCOME TO THIS BLOG BROUGHT TO YOU!ENJOY!  By Fulgence MUHAWENIMANA Vérité Many people may be thinking that the main task of university students is to study band get their bachelors degree. This is not true and it has to be undersood in a broader sense at all. When the nur sudents move around the surbubs of huye district helping people, it is beyond their courses. Sometimes the nur community especially the students organise the actions of helping the people who actualy unable to build houses and help them get homes where to live.This is one of the main motor of NUR as it says,excellent in education and service to the people. This is an example of second year students in EJC when they were helping a genocide widow get a home.And this is a documentary done to show various activities in which the nur students participate. For more info. click on this link to watch the video http://youtu.be/QmrS1nRxpLw

KWAMBARA NEZA BIKUGARAGAZA NEZA.

Image
WELCOME TO THIS BLOG BROUGHT TO YOU!ENJOY! 10 Smart Clothes You'll Be Wearing Soon Hacker News In the emerging Internet of Things , everyday objects are becoming networked. Clothing is no exception. It's still early days for Web-enabled clothes - the best example so far is the Nike+ running shoe, which contains sensors that connect to the user's iPod. But expect to see everything from your shirt to your underwear networked in the not too distant future. In the following list of ten 'smart clothing' items, we showcase Internet pants, a proximity sensing shirt, a heart sensing bra, biosensor underwear, a "thought helmet", and more! Motion Detecting Pants Now, we're know what you're thinking - it's already pretty easy to detect 'motion' in pants isn't it? Nevertheless, Virginia Polytechnic Institute and State University in Blacksburg has developed a pair of pants "that

BIKWIGISHE MUGUHITAMO INSHUTI!

Image
WELCOME TO THIS BLOG BROUGHT TO YOU!ENJOY! From www.igitondo.com Byakusanyijwe na VERITE FULGENCE MU. Ni gute wabona umuhungu wagira inshuti yawe (boyfreind) Ushobora kuba wicaye ugatekereza ugasanga ukeneye umuhungu ukubera inshuti cyangwa se ukeneye undi umuhungu w’inzozi zawe. Muri iyi nkuru uraza gusobanukirwa uburyo umukobwa yabona uwo bakundana yishimiye. Uraza no kubona impamvu abakobwa batari beza na gato babona abasore b’uburanga bwiza kandi babakunda cyane ; ahanini ibi bikaba biterwa n’uko bene aba bakobwa akenshi baba bafite umutima wihangana kandi wuje urukundo rwinshi. Dore ibintu by’ingenzi ugomba kugenderaho bikagufasha kubonma inshuti y’umuhungu : 1. Niba ubonye umusore wishimiye gerageza kumwenyura umwereka ko urangwa n’inseko nziza Nk’uko twabibagejejeho mu nkuru iheruka, abagabo benshi bakururwa n’inseko z’abakobwa. Niba ubonye umusore ukumva umwibonyemo kandi yakubera umukunzi, ntuzigere uzuyaza kumusekera kuko burya n’ubwo uba ntacyo umu

SOBANUKIRWA KURUSHAHO!

Image
WELCOME TO THIS BLOG BROUGHT TO YOU!ENJOY! From www.igitondo.com Sangira n'inshuti Ni gute waba ‘Romantique’ kurushaho? Friday 31 December 2010 Abantu benshi batekereza ko kugira ngo umuntu abe ‘romantique’ cyangwa se ashimishe umukunzi we, bimusaba amafaranga menshi cyangwa se ubundi bushobozi bukomeye. Nyamara si byo. Muri iyi nkuru, turakugezaho uburyo wakoresha ugashimisha umukunzi wawe nta bushobozi bwinshi ukoresheje. Iyo ukunda umuntu wifuza ko yahora yishimye, mwaba muri kumwe ukifuza ko uwo mwanya wamurutira ibindi byose. Ese wabyitwaramo ute kugira ngo yishime koko? Dore ibintu byoroshye ariko nyamara byashimisha umukunzi wawe! 1. Gerageza guhamagara umukunzi wawe mu gitondo ukangutse (ku batarashakana) umubaze uko yaramutse, umubaze gahunda ye y’uwo munsi, umubwire ko umukunda kandi ko akurutira abandi bose. Ku bashakanye niba ukangutse uhite umuramutsa, umusome, naho niba a

Waruziko!

Image
WELCOME TO THIS BLOG BROUGHT TO YOU!ENJOY! From www.igitondo.com Ni gute umuhungu yabasha kuvugana neza n’umukobwa kuri telefone Saturday 8 January 2011 Kuvugana n’umukobwa kuri telefone bishobora kugora abahungu bamwe, cyane iyo uwo bavugisha bamutinya cyangwa bashaka kumutereta. Nyamara hari ibintu bimwe na bimwe bishobora gufasha umuhungu kuvugana neza n’umukobwa kuri telefone kandi ikiganiro bagirana kikagenda neza cyane. Muri iyi minsi, kuvugana n’umuntu binyuze kuri telefone ni imwe mu nzira zikomeye zifashishwa mu guteza imbere imibanire hagati y’abantu. By’umwihariko, hagati y’abahungu n’abakobwa (abasore n’inkumi) ho ikoreshwa rya telefone rifite akamaro kanini cyane. Abakundana, by’umwihariko, bakunze kwifashisha iri koranabuhanga bahamagarana ndetse banabwirana utugambo tw’urukundo ‘Imitoma’. Gusa abagitangira kumenyana bo hari igihe rimwe na rimwe bibagora. Mu nkuru y’ubushize twari twabag

BIKUNGURE IKINTU!

Image
WELCOME TO THIS BLOG BROUGHT TO YOU!ENJOY! From www.igitondo.com Sangira n'inshuti Umutoma wa St Valentin Sunday 13 February 2011 Valentine wanjye , Sinabona amagambo agusiga uko uri Ngo ngutake ngutanage uko ubikwiye, Kuko uburanga bwawe burenze amagambo Ubupfura uhorana ntibugire akagero. Iyo ntakurora umutima urasizoraaa Ugatongana mu gituza ukantoteza Ugacururuka nkubonye unsanga Umwenyura usa n’umuseke weya. Wantwaye umutima nkikurabukwa Nsigara nshimira iyaguhanze Nambaza Biheko ubudatuza Musaba ngo unyiturize mu gituza. Mariza mwari uzira ikizinga Hahirwa uwo uzugururira umutima! Uwo azitwa umunyamahirwe Kuko uzamutereka intango y’urukunda

SOBANUKIRWA!

Image
WELCOME TO THIS BLOG BROUGHT TO YOU!ENJOY! From www.igitondo.com Byakusanyijwe na Fulgence verite Saint Valentin : Uburyo 10 bwo kwereka urukundo uwo ukunda kandi udatanze amafaranga Sunday 13 February 2011 Mu buzima igihe kiragera umuntu akabona nta gafaranga afite pe, bimwe bita gushirirwa. Ibi rero ntabwo bivuze ko utagomba kwizihiza Saint Valentin hamwe n’ uwo ukunda. Hari uburyo bwiza bwinshi bwo kwizihiza uyu munsi utarinze kugura ibintu byinshi benshi baba bikwijeho mu rwego rwo kwereka urukundo abo bakunda. Burya ibintu umuntu akora n’ intoki ze cyangwa n’ umubiri we bisobanura byinshi. Hari abavuga ko iyo uri kubwira umuntu ikintu, burya amagambo avuga bicye. 70% by’ ibyo umubwira abibwirwa n’ ibikorwa umubiri wawe uri gukora. Hano hari uburyo 10 wabwira umukunzi ko umukunda kandi nta faranga na rimwe utanze cyangwa se utanze make. 1. Indirimbo Shaka indirimbo uzi ko uwo ukunda akunda ku